1 – Shahadah

Kuvuga UBUHAMYA BUBIRI: Ni imwe mu nkingi zigize Idini ya Islam, bukaba ari Uguhamya ubivanye ku mutima unavugisha ururimi ko nta yindi Mana ibaho kandi ikwiye gusengwa mukuri uretse Imana imwe rukumbi “Allah” no guhamya ko Muhamadi ari Intumwa y’Imana. Ubu buhamya nirwo rufunguzo rwinjiza umuntu mu Buyislamu akaba ari nawo musingi yubakiyeho. NI GUTE…

Komeza

2 – Iswalat

Iswala eshanu ni imwe mu nkingi zigize Islam. Iyo nkingi ikaba ikurikira ubuhamya bubiri “SHAHADAT” ikaba ari itegeko ku mwemeramana ndetse n’umwemeramanakazi uko ibihe byaba bimeze kose haba mu gihe cy’amahoro cyangwa mu2 gihe cy’ubwoba, yaba ari muzima (atarwaye) cyangwa arwaye, yaba ari kurugendo cyangwa se atari kurugendo buri gihe muri ibyo byose tuvuze bifite…

Komeza

3 – Amaturo (Zakat)

Intangiriro Imana yategetse abagaragu bayo ibikorwa binyuranye byo kuyigaragira, muri byo harimo ibigendanye n’imbaraga z’umubiri nk’iswala, hakabamo ibikorwa byo gutanga umutungo ukunda uwutangiye roho yawe, ariyo maturo (Zakat) n’imfashanyo (SWADAKA), hakabamo na none ibikorwa by’umubiri n’umutungo icyarimwe nka HIDJA (umutambagiro mutagatifu) na DJIHADI (Guharanira inzira z’Imana), hakabamo ibikorwa byo kubuza no gukumira roho kubyo ikunda…

Komeza

4 – Igisibo (Saumu)

Ibisobanuro ku gisibo:Imana yashyizeho uburyo bwo kuyigandukira bunyuranye, kugira ngo igerageze abagaragu bayo, ese baba mu bakurikira irari ryabo cyangwa baba mu bumvira itegeko ry’Imana, uko kuyigandukira igushyira mu byiciro bikurikira: Ubutungane bw’umutima buba mu kwerekera kwawo ku Mana no kuyikunda. Bimaze kugaragara ko ibyo kurya, ibinyobwa, imvugo, kuryama, guhura n’abantu cyane bituma umuntu atakaza…

Komeza
Subira Hejuru
Facebook
Open chat
Scan the code
Ijwi Rya Islam mu Rwanda
Asalaam Alaikum Warahmatullahi Wabarakatuh!
Ni gute twagufasha ?