admin

admin

Ubuhamya bw’abasilamu bashya

Impamvu z’ingenzi zatumye abenshi mubamenyi ba “Tewolojiya” n’impuguke mu bice byose by’Isi bayoboka Islam!! Izo mpamvu z’ingenzi ni enye (4); Ibibazo by’ingenzi abantu bibazaho ariko Islam ikaba yihariye kubibonera ibisubizo n’ibisobanuro: Ibi byose bisobanurirwa n’amagambo y’Imana mu mirongo ya Qur’an…

Ni gute wayoboka Islam?

Iyo wiyemeje kuyoboka Islam, uvuga ubuhamya bubiri ubivanye ku mutima ukavuga uti:  Ndahamya mbivanye ku mutima wanjye mbivugisha ururimi rwanjye ko ntayindi mana iriho kandi ikwiye gusengwa by’ukuri uretse Imana Imwe Rukumbi “ALLAH”, kandi ngahamya ko Muhammad ari Intumwa y’Imana akaba n’Umugaragu…

Ibisobanuro by’ijambo Fiq’hi

Inkomoko n’ Intego za “Fiqihi” Inkomoko: “Fiqihi” ikomoka ku Mana kubera ko ari ubutumwa bwayo (WAH’YI) yahishuriye intumwa Muhamadi (Imana imuhe amahoro n’imigisha), akaba ari igice kimwe cy’ubumenyi n’ubuhanga mu mategeko kigamije gutunganya abatuye isi n’ibibakikije. Intego zayo: “Fiqihi” yigisha…

Imico n’imyifatire (Adabu)

Ibyiza dusanga mu kuramukanya : Ikindi twavuga k’ukuramukanya n’uko Umuyislamu aho ari hose atagomba kwihisha no kumvako atewe isoni no kuba yagaragaza ko ari umuyislamu,Ibyo bishatse kuvuga ko igihe cyose ageze mu Bantu abona ko harimo umuyislam agomba guhita amuramutsa…