5 – HIJJA

Umutambagiro Mutagatifu (Hijja) ni ukugana Makka mu gihe cyagenwe ukahakorera ibikorwa byagenwe ugamije kwiyegereza Imana no kuyigandukira.

Umutambagiro Mutagatifu (Hijja) ni ukugana Makka mu gihe cyagenwe ukahakorera ibikorwa byagenwe ugamije kwiyegereza Imana no kuyigandukira.

GUHAMAGARIRA KUGANA INZIRA YA ALLAH HAKUBIYEMO: UGUTUNGANA KW’IDINI YA ISLAM ISLAMU ni idini yuzuye Allah yahitiyemo abantu kugira ngo ibabere umuyoboro, muri islamu harimo umunezero ku isi no ku munsi w’imperuka ,Allah yaremye ibiremwa arangije abishyiriraho na gahunda bigomba kugenderaho…

Gufasha no kurera imfubyi muri Islam Islam ni idini y’impuhwe n’imbabazi nk’uko bigaragara henshi cyane muri Qor’ani Ntagatifu, ndetse no mu mvugo z’Intumwa y’Imana Muhamadi (Imana imuhe amahoro n’imigisha), aho dusanga imirongo myinshi idutegeka gufasha no gukunda imfubyi, abakene, abatindi…

Kw’izina ry’Imana Nyir’Impuhwe Nyir’Imbabazi Iriburiro: Ugushimwa no gusingizwa n’iby’Imana yo yaremye umuntu ikamwigisha ibyo atarazi ikoresheje ikaramu, amahoro n’umugisha bisakare ku ntumwa y’Imana Muhamad, we waje ari umuburizi akanazanira ikiremwa muntu inkuru nziza ku mibereho yacyo ya buri munsi. Nyuma…

Uburenganzira bw’Umugore muri Islam n’Uruhare rwe mu Iterambere ry’umuryango Igitsina gore gifite agaciro n’icyubahiro muri Islam, ndetse yagihaye uburenganzira bwose bukenewe mu mibereho ya buri munsi, ibyo bigaragara mu buryo bukurikira: Uburenganzira bwo kubaho Islam yavanye igitsina gore ahantu habi…