Category Ubumenyi rusange – Thaqaafah

Ubumwe n’ubwiyunge

UBUMWE N’UBWIYUNGE MURI ISLAMIri jambo “Ubumwe n’Ubwiyunge”, rigizwe n’amagambo abiri atandukanye ariyo: Aya magambo yombi Islam yayavuzeho byinshi iyatsindagira kandi itegeka ko abantu bagomba kuba bamwe bakirinda icyabatandukanya. Islam kandi yateganije ko abantu bagiranye ibibazo n’amakimbirane bagomba kwiyunga no gukemura…

Ubutabera muri Islam

UBUTABERA MURI ISLAM Islam ni idini yavuze kuri buri kintu cyose abantu bakeneye mu buzima, igaragaza uko abantu bagomba kwitwara ku mategeko y’Imana inagaragaza n’uko abantu bagomba kubana hagati yabo. Mubyo yategetse rero bigomba kuranga abantu mu buzima bwabo bwa…

Yesu na Maria muri Islam

Imyemerere ya islamu kuri yesu na nyina mariya amahoro n’imigisha by’ imana bibabeho. Imyemerere ya Islamu kuri Issa (Yesu) na Nyina Mariyamu (Mariya) (amahoro n’ imigisha by’ Imana bibabeho) ikomoka mu gitabo cya Qor’an n’inyigisho z’Intumwa y’Imana Muhammad (Imana imuhe…

Ubuyobozi muri Islam

IBIREBANA N’UBUYOBOZI MURI ISLAM GUSHYIRAHO UMUYOBOZI MURI ISLAMU N’UMWANYA BIFITE Gushyiraho umuyobozi islamu ni ngombwa mu rwego rwo kurinda ubusugire bwa Islamu no gutunganya imibereho y’abayislamu, kurinda amategeko ya Allah no gusubiza abantu ukuri kwabo, gutegekesha amategeko ya Allah ,…

Udutsiko n’amatsinda

JAMBO RY’IBANZE Ishimwe n’ikuzo bikwiye ALLAH we watuyoboye idini y’ukuri ya islamu,amahoro n’imigisha byayo bisakare ku Ntumwa Muhammadi n’abiwe n’abasangirangendo bayo n’abazabakurikira mu byiza kugeza ku munsi w’imperuka. Nyuma y’ibyo, mu by’ukuri Imana yohereje Intumwa Muhammadi(Imana imuhe amahoro n’imigisha) akaba…