wp-plugin-mojo domain was triggered too early. This is usually an indicator for some code in the plugin or theme running too early. Translations should be loaded at the init action or later. Please see Debugging in WordPress for more information. (This message was added in version 6.7.0.) in /home/ijwiis/public_html/wp-includes/functions.php on line 6131Muri iki gIhe hagaragaye ijambo ry\u2019icyaduka n\u2019ikiza cyitwa ITEREBWOBA cyane cyane nyuma y\u2019ibitero bya 11 nzeri 2001 byakozwe mu mujyi wa new york muri leta zunze ubumwe z\u2019Amerika ku nzu mpuzamahanga y\u2019ubucuruzi (WTC) Nyuma y\u2019icyo gihe nibwo ijambo ITERABWOBA ryakoreshejwe cyane n\u2019abanditsi b\u2019ibitabo binyuranye, inama, ibiganiro mbwirwaruhame, amaradio, za televiziyo, n\u2019ibindi bikoreshwa mu itangazamakuru, ryaba iryo ku rwego rw\u2019igihugu,urw\u2019akarere no ku rwego mpuzamahanga.<\/p>\n\n\n\n
https:\/\/youtube.com\/watch?v=PB5iD3uA-cU%3Frel%3D0%26fs%3D1%26wmode%3Dtransparent%26amp%3Bwmode%3Dtransparent<\/p>\n\n\n\n
Ibyo byatumye habaho kwitana ba mwana ku bijyanye n\u2019iri zina bimwe mu bihugu bishinjanya iterabwoba,kurikora cyangwa gushyigikira abarikora, kandi ibyo bigategurwa mu nyandiko z\u2019ubuhanga ku buryo bunyuze ababyumva n\u2019ababisoma. Kugirango nabo bafate iyambere mu gushyigikira kwihorera no kwihimura kuri ibyo bihugu cyangwa imiryango bishinja. Ariko igitangaje kandi giteye impungenge ni ukubona ibihugu byose byiyemeza kurwanya iterabwoba mbere yo kumvikana ku bisobanuro nyabyo by\u2019iterabwoba no kumenya abarikora nyabo ni bande n\u2019impamvu ziritera!!!? Ibyo byatumye bimwe mu bihugu bishinjwa iterabwoba ndetse binatuma n\u2019abarwaniraga kwibohora no kubohoza ibihugu byabo nabo bitirirwa iterabwoba.<\/p>\n\n\n\n
Ibyo byose rero byateye kwitiranya ibintu, imyumvire irahinduka ndetse habaho gutatira no guhungabanya ubusugire n\u2019ubureganzira byemejwe n\u2019umuryango mpuzamahanga ko bugomba kubahirizwa.<\/p>\n\n\n\n
Iterabwoba ribarwa mu bibazo bikomereye isi kandi bibangamiye ituze n\u2019ubusugire bw\u2019abantu mu buzima bwabo bwa buri munsi.rikaba riterwa n\u2019impamvu nyinshi zinyuranye zirimo n\u2019imibereho, kwiheba, politiki, ubukungu, imico, n\u2019ibindi bikomeje kugira uruhare rukomeye mu kwimakaza iterabwoba mu mibereho y\u2019abantu. Niyo mpamvu uwashaka kuvura no kurandura iterabwoba burundu, bimusaba kubanza gukemura ibi bibazo n\u2019impamvu ziritera akazivanaho burundu kuko arizo zituma iterabwoba ribaho.<\/p>\n\n\n\n
Intambwe ya mbere yo kurwanya iterabwoba no kurirandurana n\u2019imizi yaryo aho ariho hose, ni ukubanza gusobanukirwa neza izi mpamvu ziritera ,kugirango n\u2019umuti uzashakwa uzabe ushingiye ku miterere nyayo y\u2019ikibazo.<\/p>\n\n\n\n
Muri digisiyoneri (inkoranyamagambo) yitwa : AL MUUJAMU AL WASITW Ijambo ITERABWOBA barisobanura ko ari :inyito ihabwa abantu bahisemo inzira yo gukora ibikorwa by\u2019ubugome no gutera ubwoba, kugirango bagere ku nyungu zabo za politiki.<\/p>\n\n\n\n
Comisiyo y\u2019impuguke z\u2019abarabu bahuriye muri Tuniziya mu nama yayo yo kuwa 22-24 Kanama 1989 yari igamije kurebera hamwe ibisobanuro by\u2019ijambo \u201cITERABWOBA MPUZAMAHANGA\u201d kugirango baritandukanye n\u2019udutsiko tw\u2019abaturage bagamije kubohoza ibihugu byabo byigaruriwe n\u2019abandi, muri iyo nama bemeranyije ko ibisobanuro by\u2019ITERABWOBA ari : \u201cigikorwa giteguwe cy\u2019ubugome kigamije gutera ubwoba mu bikorwa binyuranye, harimo kwica, gushimuta, kugira abantu ingwate, kuyobya indege, gutega no guturitsa ibisasu n\u2019ibindi bikorwa bitera ubwoba bikanahungabanya umutekano w\u2019abantu n\u2019ibintu, hagamijwe kugera ku nyungu za politike, byaba bikozwe n\u2019igihugu cyangwa agatsiko k\u2019abantu, ibyo bikaba bitari ukubohoza abigaruriye igihugu cyangwa kurwanira ubundi burenganzira bwarengerewe cyangwa kwikiza akarengane bakorerwa\u201d. Iyi nama ikaba yaragaragaje ko : udutsiko tw\u2019abaturage n\u2019imiryango igamije kubohoza ibihugu byabo byigaruriwe n\u2019abandi kandi twemewe mu miryango mpuzamahanga no mu muryango w\u2019abibumbye (ONU) ku buryo ibikorwa bya two bigarukira gusa ku mbaraga z\u2019abigaruriye ibyo bihugu zaba iza gisirikare ndetse n\u2019iz\u2019ubukungu,kandi ibyo bikorwa bikaba bitanyuranyije n\u2019uburenganzira bwa muntu ndetse n\u2019intego z\u2019utwo dutsiko zikaba zihuje n\u2019amasezerano mpuzamahanga ko iyo miryango cyangwa utwo dutsiko tutakwitirirwa iterabwoba.<\/p>\n\n\n\n
Na none mu ihuriro rihoraho ry\u2019abamenyi b\u2019idini ya islam ku isi ryabahuje mu nama yabo yo kuwa10 mutarama 2002 yabereye I Makka ku cyicaro cy\u2019iryo huriro cyo kuwa 16, bemeje ko ibikorwa by\u2019ubugome n\u2019ubwiyahuzi ntaho bihuriye n\u2019idini ya islam, ahubwo ibyo bikorwa ni ubwangizi kandi bifite ingaruka n\u2019inkurikizi mbi cyane, kuko ari uguhungabanya umutekano n\u2019ubusugire bw\u2019abantu, kandi iyo witegereje inkomoko y\u2019idini ya Islam ariyo\u00a0Qor-an\u00a0<\/strong>ntagatifu n\u2019imigenzo y\u2019intumwa y\u2019Imana Muhamad (Imana imuhe amahoro n\u2019imigisha), ntushobora gusanga ko islam ishyigikira ibi bikorwa by\u2019ubugome n\u2019iterabwoba no guhungabanya umutekano w\u2019abantu n\u2019ibintu. Mu myanzuro yafashwe muri iryo huriro ryabereye I makka ku birebana n\u2019ibikorwa by\u2019iterabwoba, hemejwe ibisobanuro by\u2019iterabwoba ko ari : \u201cikibazo mpuzamahanga kidashyirwa ku Idini kandi riboneka mu Bantu batandukanye\u201d<\/p>\n\n\n\n Iterabwoba rero ni ibikorwa by\u2019ubugome bikorwa n\u2019umuntu ku giti cye, udutsiko n\u2019ibihugu, bigamije guhungabaya umuntu ku idini ye, ubuzima bwe, umutungo we, n\u2019icyubahiro cye, bikaba bikorwa mu buryo bunyuranye buteye ubwoba, bikanabangamira ubusugire bw\u2019abantu n\u2019ibintu, harimo : gutega abantu mu mayira, gutera no kwiturikirizaho ibisasu mu mamodoka, mu masoko y\u2019ubucuruzi mu ndege n\u2019ahandi hahurira abantu, gutwika imigezi ya peteroli n\u2019indi mitungo kamere. Ibi byose rero ni ibikorwa by\u2019ubwangizi mu isi kandi Imana yarabiziririje ibibuza abayislamu nk\u2019uko ibivuga muri Qor-an igira iti :<\/p>\n\n\n\n \u00a0\u201d ntimugakore ubwangizi kuko Imana ntikunda abangizi\u201d Al qaswasw 77<\/p>\n<\/blockquote>\n\n\n\n Niyo mpamvu Imana yashyizeho ibihano bikaze kubakora iterabwoba, ubugoe, n\u2019ubwangizi mu isi, ndetse ibyo bikorwa imana yabyise ko kubikora ari ukurwanya Imana n\u2019Intumwa yayo, ibi bishimangirwa na Qor-an aho Imana igira iti :<\/p>\n\n\n\n \u00a0\u201cmu by\u2019ukuri igihano cya babandi barwanya Imana n\u2019intumwa yayo bakwirakwiza ubwangizi mu isi, ni ukwicwa cyangwa bakabambwa cyangwa bagacibwa amaboko yabo n\u2019amaguru by\u2019imbusane cyangwa bakirukanwa aho batuye; ibyo bihano ni igisebo kuri bo hano ku isi kandi ku munsi w\u2019imperuka bazahabwa ibihano bibabaza\u201d Qor-an 5:33<\/p>\n<\/blockquote>\n\n\n\n Ibi bihano rero birahambaye ndetse nta n\u2019ahandi hano mu isi haboneka ibihano bikaze nk\u2019ibi ku Bantu bakoze ibikorwa by\u2019ubugome n\u2019iterabwoba! Ibi rero bigaragaza ko islamu yamagana ibikorwa by\u2019iterabwoba yanabiziririje bidasubirwaho. Niyo mpamvu yateganyirije ababikora ibihano bikaze ndetse gukora iterabwoba Qor-an ibyita kurwanya Imana n\u2019Intumwa yayo.<\/p>\n\n\n\n Iri huriro kandi ryashimangiye ko no mu bikorwa by\u2019iterabwoba ry\u2019ibihugu harimo n\u2019ibyo igihugu cya Israheli gikorera abanyepalestina n\u2019ibyo igihugu cya Serbiya cyakoreye abayislam bo muri Bosniya na Kosovo, iryo huriro rikaba ryarasanze ibi bikorwa ari iterabwoba rikomeye ndetse kurirwanya bikaba byemewe kuko ari ukwitabara no kwivana mu karengane.<\/p>\n\n\n\n Ingingo nyamukuru rero yemeranyijweho n\u2019izo mpuguke za Islam ku rwego rw\u2019isi ni uko : 1. iterabwoba ritari muri islam nta n\u2019aho ihuriye na ryo 2. intambara ntagatifu (DJIHAD) ntabwo ari iterabwoba. Aha bakaba baranasobanuye ko DJIHAD yashyizweho kubera kurwanira ukuri no kurwanya amahugu n\u2019akarengane himakazwa ubutabera n\u2019amahoro.<\/p>\n\n\n\n Iyi nama kandi ikaba yaragaragaje ko Djihad ifite amategeko n\u2019imyifatire iyigenga mu idini ya Islam harimo : kirazira kurwanya utakurwanya, kwica inzirakarengane, kwica abasaza, abagore, n\u2019abana, no gukurikirana abahunze, gushinyagurira imirambo, gusenya no kwangiza ibikorwa remezo. ibyo byose ni ikizira ku Bantu bari muri DJIHAD. Ibi byose bishimangira ko iterabwoba rikorwa Atari Djihadi kandi ko ntaho rihuriye na Islam.<\/p>\n\n\n\n Hirya no hino ku isi hakorwa ibikorwa byinshi bitandukanye byitirirwa idini ya Islamu ndetse bikanatuma benshi mu babyumvise bumvako abakoze ibyo baba babikoze babitumwe cyangwa se babitegetswe na Islamu, kugeza ubwo hamwe iyo babonye Umuyislamu bamwikanga bakamubonamo ibyo byose. Kubera izo mpungenge rero tuboneyeho umwanya wo kwerekana no kugaragaza igihagararo cy\u2019Idini ya Islamu mu bikorwa nk\u2019ibyo.<\/p>\n\n\n\n Islam ni idini yatoranyijwe n\u2019Imana irayuzuza mu mpande zose, yazanye gahunda yo gutunganya isi ngo igire umutekano n\u2019ubusugire binyuze mu mategeko yayo, no mu bintu rero Islam yaje kurengera no kurinda ubusugire n\u2019umutekano wabyo harimo bitanu by\u2019ingenzi aribyo: IDINI, ROHO, ICYUBAHIRO , UBWENGE N\u2019IMITUNGO . Ibyo uko ari bitanu Islamu yashyizeho amategeko kandi aremereye yo kubirengera, kugira ngo uzabihungabanya azahabwe igihano kimukwiriye, kandi kizanabera abandi inyigisho n\u2019urugero.<\/p>\n\n\n\n Islam ni Idini yahaye agaciro roho y\u2019umuntu, niyo mpamvu ari icyaha gikomeye kwica umuntu umuziza ubusa, aha Imana yaravuze iti:<\/p>\n\n\n\n \u00a0Niyo mpamvu twahaye abayisirayeri itegeko ko umuntu uzica undi atamuziza ko nawe yishe umuntu cyangwa se ko yakwirakwije ubwangizi ku isi uwo azabarwaho ko yishe abantu bose, n\u2019umuntu uzarokora roho y\u2019umuntu akayikiza urupfu nawe azabarwa ko arokoye abantu bose\u201d coran : 5:32<\/p>\n<\/blockquote>\n\n\n\n Uyu murongo uragaragaza ko kwica umuntu ari icyaha gihambaye kandi ko umuntu wishe undi amuziza ubusa imbere y\u2019imana azabazwa roho z\u2019abantu bose, kandi nta gushidikanya ibikorwa by\u2019iterabwoba bikorwa hirya no hino bihitana abantu b\u2019inzirakarengane badafite icyaha, ibyo rero ni ubwangizi bukomeye ndetse Islamu ibonako abantu bakora ibyaha nk\u2019ibyo ari abagome bakwirakwiza ubwangizi ku isi,nk\u2019uko Imana ibivuga igira iti :<\/p>\n\n\n\n \u00a0\u201cNtimuzangize mu isi nyuma y\u2019uko Imana iyitunganyije\u201dCoran 7:56<\/p>\n<\/blockquote>\n\n\n\n Uyu murongo uragaragaza ko ari icyaha gukora ibikorwa byangiza umutekano w\u2019isi bitera abantu ubwoba .Ibyo bikorwa rero ubikoze Islam imuteganyiriza ibihano bihambaye cyane nk\u2019uko byavuzwe hejuru.<\/p>\n\n\n\n Uko niko Qor\u2019an ivuga ku bihano Islam iteganyiriza abantu bakora ubwangizi n\u2019iterabwoba ku isi bagahungabanya umutekano w\u2019abantu n\u2019ibintu, batega ibisasu amazu no mu ndege , mu ma modoka n\u2019ahandi hateranira abantu. Niba rero Islamu yarashyizeho ibihano bihambaye nk\u2019ibi, bigaragazako yamagana kandi irwanya ibikorwa biyitirirwa kandi n\u2019abayislamu bakurikiza amategeko y\u2019Imana bari kure ya byo, kuko babibona nk\u2019ubwangizi no kwica abantu batanazwi b\u2019inzirakarengane.<\/p>\n\n\n\n Ikindi ikigaragaza ko ibi bikorwa bitari mu buyislam ni uko ababikora batasize n\u2019imijyi mitagatifu ya Kiislam, bwa mbere haturitse igisasu mu mujyi mutagatifu wa MAKKAH mu myaka 15 ishize, nyuma yaho hongeye guturika ikindi gisasu hafi y\u2019umusigiti mutagatifu wa MAKKAH hanafatiwe imbunda nyinshi n\u2019amasasu. Ibyo bikorwa byose byamaganywe n\u2019ibihugu by\u2019abayislamu byose, cyane cyane ko umujyi wa MAKKAH bizwi ko ari umujyi mutagatifu abayislamu bose bubaha kubera ko Imana yawuhaye agaciro n\u2019icyubahiro kuruta ubundi butaka bwo kw\u2019isi ari nako yahaye agaciro ikintu cyose kiri kuri ubwo butaka, niyo mpamvu kizira kurandura igiti cyaho cyangwa se guhiga inyamaswa iri kuri ubwo butaka ndetse n\u2019umuntu ubuhungiyeho agomba guhabwa amahoro. Yanasezeranyije igihano gihambaye ku muntu uzagambirira gukoramo ubugome n\u2019ubuhemu n\u2019iyo atabushyira mubikorwa kubera igitekerezo yagize gusa, aha Imana yaravuze iti :<\/p>\n\n\n\n \u00a0Umuntu uzagambirira gukora amahugu n\u2019ubugome muri MAKKAH tuzamuhanisha ibihano bibabaza \u201d Coran 22:25<\/p>\n<\/blockquote>\n\n\n\n Niba rero ibihano bikomeye biteganyirijwe uzatekereza kwangiza no gukora ubuhemu mu gihugu cya MAKKAH, ubwo birumvikana ko uzabishyira mu bikorwa we ibihano bye birenze ibyo.<\/p>\n\n\n\n Ibi byose rero bigaragaza ko islam ari idini y\u2019amahoro n\u2019umutekano, ibuza ubugome n\u2019ubwononnyi no kwica abantu b\u2019inzirakarengane. ubwo rero ibyo bikorwa ntaho bihuriye na islamu, kuko twagaragaje ko nta n\u2019andi mategeko arengera roho z\u2019abantu nk\u2019ay\u2019ubuyislamu.<\/p>\n\n\n\n Iterabwoba ni ikibazo giteye urujijo mu migaragarire yacyo kikaba gifite impamvu nyinshi zigitera kandi usanga nazo zinjirana ari uruvangitirane. Zimwe zikomoka ku nyungu bwite za bamwe nk\u2019ubukungu, politiki, n\u2019izindi zigamije ibikorwa by\u2019ubugome n\u2019ubwicanyi no kurimbura abandi. Hari n\u2019izindi mpamvu zituma ibikorwa by\u2019iterabwoba n\u2019ubugome byiyongera, nko gushaka kwirwanaho hakoreshejwe ibikorwa by\u2019iterabwoba nka byo bityo bigahangana mu mbaraga.<\/p>\n\n\n\n \u2013 kurwanya iterabwoba rikorwa n\u2019abantu n\u2019udutsiko runaka hakoreshejwe iterabwoba ry\u2019ibihugu na za leta \u2013 kurwanya iterabwoba hakoreshejwe inzira imwe y\u2019imbaraga hatarebwa imizi y\u2019ikibazo. Niyo mpamvu uwashaka kuvura no gukemura burundu ikibazo cy\u2019iterabwoba, bimusaba gushishoza cyane akamenya izi mpamvu zituma ribaho, akaziga neza akazishakira ibisubizo.<\/p>\n\n\n\n Ni ngombwa kandi gusobanukirwa imiterere y\u2019ubutagondwa n\u2019iterabwoba mu bihugu by\u2019abarabu, tukamenya: Ni ryari hagaragara udutsiko tw\u2019iterabwoba? Ni gute dukorana tugahuza ibikorwa? Dutangira gute ? Twiyubaka dute ? dushyira mu bikorwa gahunda zatwo dute ? tugera ku ntego zatwo dute ? dutegura abayoboke batwo gisirikare dute ? Gusubiza ibi bibazo bifasha kumenya imbaraga zihishe inyuma y\u2019utu dutsiko tw\u2019iterabwoba. Ibyo rero ni byo bizafasha kugena ingamba nyazo zishoboye kurirwanya no guhangana na ryo.<\/p>\n\n\n\n Ishami ry\u2019umuryango w\u2019abibumbye ryihariye ryo kurwanya iterabwoba mpuzamahanga, mu myanzuro yaryo yo kuwa 29 Ugushyingo 1979 ryagaragaje impamvu za politike, ubukungu, n\u2019imibereho zitera iterabwoba. Izo mpamvu ni izi zikurikira :<\/p>\n\n\n\n \u2013 Igihugu kwigarurira ikindi \u2013 Gukoresha imbaraga ku bihugu by\u2019intege nkeya \u2013 Gukora ibikorwa by\u2019ubugome no kwirukana abantu mu bihugu byabo \u2013 Ubusumbane bukabije muri gahunda z\u2019ubukungu bw\u2019isi \u2013 kubuza uburenganzira bw\u2019abantu mu bukungu, imibereho, imitekerereze, hakoreshejwe inzira y\u2019ibihano bikaze, igifungo (PIRIZO) ,kwihimura, kwicisha inzara, ubukene n\u2019ubutindi bikabije. \u2013 Kwirengangiza akababaro k\u2019abaturage barenganywa<\/p>\n\n\n\n Hari igihe umuntu ashobora kujya mu gatsiko k\u2019iterabwoba akanemera ibikorwa byako kubera ko yagasanzemo amahirwe, umwanya n\u2019urwego atabonaga mu muryango mugari asanzwemo, by\u2019umwihariko iyo aho asanzwe atahabonaga inyungo z\u2019ubukungu n\u2019urwego yifuza<\/p>\n\n\n\n Hari impamvu nyinshi zituma umuntu yajya mu bikorwa by\u2019iterabwoba muri zo :<\/p>\n\n\n\n Iterabwoba IRIBURIRO Muri iki gIhe hagaragaye ijambo ry\u2019icyaduka n\u2019ikiza cyitwa ITEREBWOBA cyane cyane nyuma y\u2019ibitero bya 11 nzeri 2001 byakozwe mu mujyi wa new york muri leta zunze ubumwe z\u2019Amerika ku nzu mpuzamahanga y\u2019ubucuruzi (WTC) Nyuma y\u2019icyo gihe nibwo ijambo ITERABWOBA ryakoreshejwe cyane n\u2019abanditsi b\u2019ibitabo binyuranye, inama, ibiganiro mbwirwaruhame, amaradio, za televiziyo, n\u2019ibindi bikoreshwa mu…<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":970,"comment_status":"closed","ping_status":"closed","sticky":true,"template":"","format":"standard","meta":{"om_disable_all_campaigns":false,"h5ap_radio_sources":[],"_joinchat":[],"footnotes":""},"categories":[3,19],"tags":[],"class_list":["post-417","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amasomo","category-iterabwoba-ningengabitekerezo"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/ijwi-islam.org\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/417","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/ijwi-islam.org\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/ijwi-islam.org\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/ijwi-islam.org\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/ijwi-islam.org\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=417"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/ijwi-islam.org\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/417\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":972,"href":"https:\/\/ijwi-islam.org\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/417\/revisions\/972"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/ijwi-islam.org\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/970"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/ijwi-islam.org\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=417"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/ijwi-islam.org\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=417"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/ijwi-islam.org\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=417"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}\n
\n
UKO ISLAM IBONA ITERABWOBA( TERRORISME):<\/sub><\/h3>\n\n\n\n
\n
\n
\n
IMPAMVU Z\u2019ITERABWOBA<\/sub><\/h3>\n\n\n\n
\n
impinduka z\u2019ubukungu zabayeho mu bihugu by\u2019abarabu mu myaka mirongo itatu ya nyuma, zatumye habaho kwimuka kw\u2019abantu bava mu byaro baza mu mijyi, bituma habaho uduce tuzwi ku bukene kandi dutuye mu buryo bw\u2019akajagari mu bihugu bimwe, kandi utwo duce usanga twihishemo umubare munini w\u2019abihebye n\u2019abandi batsimbaraye ku myumvire mibi bitwaje idini. Na none ibibazo by\u2019ubukungu byagize uruhare rukomeye mu kwimakaza iterabwoba mu bantu bo mu rwego rwo hasi, hashingiwe ku mibereho mibi ituma abariho nabi batakaza ikizere cy\u2019imibereho yabo mu bihe bizaza.<\/li>\n\n\n\n
Kuba nta butabera mu gusaranganya ubukungu ugasanga nta gusaranganya mu byo abantu binjiza, mu mashuri, kwivuza, aho gutura, ibyo byatumye habaho uduce tw\u2019akajagari dutuwe n\u2019abatagira imirimo, bakajya baduhunga biyizira mu mujyi, hakiyongeraho n\u2019umubare munini w\u2019abarangiza za kaminuza n\u2019andi mashuri ntibabone akazi, ibyo byose bituma habaho kwiheba n\u2019umujinya mu mibereho y\u2019abantu ya buri munsi.<\/li>\n<\/ul>\n\n\n\n\n
umubare muto w\u2019abajya mu myanya ya politiki utuma habaho imijinya cyane cyane mu basore n\u2019izindi ngeri z\u2019abaturage badahabwa umwanya mu nzego zifata ibyemezo bireba ubuzima bw\u2019abaturage\u2019 haba ku rwego rw\u2019umuryango\u2019 mu mashuri\u2019 mu duce aho abantu batuye\u2019 mu mirimo cyangwa ku rwego rw\u2019abahagarariye abandi. Urubyiruko rw\u2019iki gihe rero usanga rufite ibitekerezo kandi rwifuza kubitanga\u2019 iyo rero habuze uburenganzira n\u2019umwanya wo kubigaragaza\u2019 ndetse ntihashyirweho uburyo busobanutse bwo gusaranganya no guhererekanya ubutegetsi\u2019 ibyo bituma bimwa imbaraga za politiki n\u2019iz\u2019imibereho\u2019 bigatera ubwigunge bubyara kwiheba\u2019 maze bigatera ibikorwa by\u2019ubugome mu bihugu bimwe by\u2019abarabu\u2019 hakaniyongeraho guca no kurwanya udutsiko tw\u2019idini no kutaduha uburenganzira mu myanya ya politiki no kutwemerera kugera ku butegetsi munzira y\u2019amahoro.<\/li>\n\n\n\n
Ibihugu byinshi by\u2019abarabu ntabwo byigeze bigena gahunda ya demokarasi no kumva ibitekerezo by\u2019abanyagihugu hamwe n\u2019uko ubutegetsi bwaho usanga bumaze igihe kirekire kandi bwiharirwa n\u2019abantu bamwe. Ndetse kugerageza demokarasi mu bihugu by\u2019abarabu bigaragara nk\u2019ikintu gishya kidasanzwe\u2019 kandi n\u2019aho igeragejwe ugasanga ari iy\u2019urwiyerurutso\u2019 kuko idakurikiza gahunda ya demokarasi nyayo yo gutanga ibitekerezo. Ubwo rero iyo habuze gahunda ya demokarasi nyayo bituma hari bamwe bahezwa muri gahunda y\u2019imibereho na politiki\u2019bigatuma habaho umubare munini n\u2019udutsiko turwanya ubutegetsi. Ibyo bituma twiyumvamo itotezwa\u2019 ihohoterwa n\u2019akarengane; ibyo byose rero bibatera kwiheba no gukora ibikorwa by\u2019iterabwoba n\u2019ubugome bagakurikira ababihamagarira kuko babizeza ko bazabageza kuri izo nyungu bimwe.<\/li>\n\n\n\n
Ahenshi mu bihugu by\u2019abarabu usanga gahunda zo kwigisha zishingiye ku kwakira amasomo no kuyafata mu mutwe mu byiciro byose by\u2019amashuli\u2019 ibyo bimenyereza umunyeshuri kuba adakoresha cyane ubwenge bwe no kutayungurura\u2019 bigatuma bimworohera kwakira ibyo yigishwa byose nta mpaka\u2019 nk\u2019ibitekerezo by\u2019abayobozi b\u2019udutsiko\u2019 bityo akaba imbata yatwo atarebye aho tumuganisha kuko yateguwe mu buryo bwo kwakira ibitekerezo atabiyunguruye<\/li>\n<\/ul>\n<\/body>","protected":false},"excerpt":{"rendered":"