3 – Amaturo (Zakat)

Intangiriro Imana yategetse abagaragu bayo ibikorwa binyuranye byo kuyigaragira, muri byo harimo ibigendanye n’imbaraga z’umubiri nk’iswala, hakabamo ibikorwa byo gutanga…
4 – Igisibo (Saumu)

Ibisobanuro ku gisibo:Imana yashyizeho uburyo bwo kuyigandukira bunyuranye, kugira ngo igerageze abagaragu bayo, ese baba mu bakurikira irari ryabo cyangwa…
5 – HIJJA

Umutambagiro Mutagatifu (Hijja) ni ukugana Makka mu gihe cyagenwe ukahakorera ibikorwa byagenwe ugamije kwiyegereza Imana no kuyigandukira.
Iyamamaza butumwa (DAWAT)

GUHAMAGARIRA KUGANA INZIRA YA ALLAH HAKUBIYEMO: UGUTUNGANA KW’IDINI YA ISLAM ISLAMU ni idini yuzuye Allah yahitiyemo abantu kugira ngo ibabere…
Gufasha impfubyi

Gufasha no kurera imfubyi muri Islam Islam ni idini y’impuhwe n’imbabazi nk’uko bigaragara henshi cyane muri Qor’ani Ntagatifu, ndetse no…
Imibereho myiza y’Umuryango

Kw’izina ry’Imana Nyir’Impuhwe Nyir’Imbabazi Iriburiro: Ugushimwa no gusingizwa n’iby’Imana yo yaremye umuntu ikamwigisha ibyo atarazi ikoresheje ikaramu, amahoro n’umugisha bisakare…
Ukuri k’Umugore muri Islam

Uburenganzira bw’Umugore muri Islam n’Uruhare rwe mu Iterambere ry’umuryango Igitsina gore gifite agaciro n’icyubahiro muri Islam, ndetse yagihaye uburenganzira bwose…
Ubumwe n’ubwiyunge

UBUMWE N’UBWIYUNGE MURI ISLAMIri jambo “Ubumwe n’Ubwiyunge”, rigizwe n’amagambo abiri atandukanye ariyo: Aya magambo yombi Islam yayavuzeho byinshi iyatsindagira kandi…
