admin

Iyamamaza butumwa (DAWAT)

GUHAMAGARIRA KUGANA INZIRA YA ALLAH HAKUBIYEMO: UGUTUNGANA KW’IDINI YA ISLAM ISLAMU ni idini yuzuye Allah yahitiyemo abantu kugira ngo ibabere umuyoboro, muri islamu harimo umunezero ku isi no ku munsi w’imperuka ,Allah yaremye ibiremwa arangije abishyiriraho na gahunda bigomba kugenderaho bityo bigatuma ugushaka ku Allah kugerwaho ,buri kintu cyose cyagenewe gahunda yacyo idahinduka keretse ku…

Komeza

Gufasha impfubyi

Gufasha no kurera imfubyi muri Islam Islam ni idini y’impuhwe n’imbabazi nk’uko bigaragara henshi cyane muri Qor’ani Ntagatifu, ndetse no mu mvugo z’Intumwa y’Imana Muhamadi (Imana imuhe amahoro n’imigisha), aho dusanga imirongo myinshi idutegeka gufasha no gukunda imfubyi, abakene, abatindi n’abandi batishoboye. Na none Islam igaragaza ko ari inshingano ya buri wese kugira icyo atekereza…

Komeza

Imibereho myiza y’Umuryango

Kw’izina ry’Imana Nyir’Impuhwe Nyir’Imbabazi Iriburiro: Ugushimwa no gusingizwa n’iby’Imana yo yaremye umuntu ikamwigisha ibyo atarazi ikoresheje ikaramu, amahoro n’umugisha bisakare ku ntumwa y’Imana Muhamad, we waje ari umuburizi akanazanira ikiremwa muntu inkuru nziza ku mibereho yacyo ya buri munsi. Nyuma y’ibyo; Islamu ni idini yuzuye, itunganye, kandi igizwe n’amategeko agenga gahunda y’ubuzima bwose, haba kuruhande…

Komeza

Ukuri k’Umugore muri Islam

Uburenganzira bw’Umugore muri Islam n’Uruhare rwe mu Iterambere ry’umuryango Igitsina gore gifite agaciro n’icyubahiro muri Islam, ndetse yagihaye uburenganzira bwose bukenewe mu mibereho ya buri munsi, ibyo bigaragara mu buryo bukurikira: Uburenganzira bwo kubaho Islam yavanye igitsina gore ahantu habi cyane, Intumwa Muhamadi (Imana imuhe amahoro n’imigisha) ihishurirwa ubutumwa, yasanze mu isi hari imico mibi…

Komeza
Subira Hejuru
Facebook
Open chat
Scan the code
Ijwi Rya Islam mu Rwanda
Asalaam Alaikum Warahmatullahi Wabarakatuh!
Ni gute twagufasha ?