admin

Ubuhamya bw’abasilamu bashya

Impamvu z’ingenzi zatumye abenshi mubamenyi ba “Tewolojiya” n’impuguke mu bice byose by’Isi bayoboka Islam!! Izo mpamvu z’ingenzi ni enye (4); Ibibazo by’ingenzi abantu bibazaho ariko Islam ikaba yihariye kubibonera ibisubizo n’ibisobanuro: Ibi byose bisobanurirwa n’amagambo y’Imana mu mirongo ya Qur’an ikurikira; Aha rero niho hagaragazako “ISLAM” atari idini nshya ahubwo niyo dini ya kamere ikaba…

Komeza

Ni gute wayoboka Islam?

Iyo wiyemeje kuyoboka Islam, uvuga ubuhamya bubiri ubivanye ku mutima ukavuga uti:  Ndahamya mbivanye ku mutima wanjye mbivugisha ururimi rwanjye ko ntayindi mana iriho kandi ikwiye gusengwa by’ukuri uretse Imana Imwe Rukumbi “ALLAH”, kandi ngahamya ko Muhammad ari Intumwa y’Imana akaba n’Umugaragu wayo. Ubwo uba ubaye Umuyisilamu. Warangiza ukiyuhagira maze ugashyira mubikorwa amategeko ya Islam. Kwishimira Umuyislamu…

Komeza

Ibisobanuro by’ijambo Fiq’hi

Inkomoko n’ Intego za “Fiqihi” Inkomoko: “Fiqihi” ikomoka ku Mana kubera ko ari ubutumwa bwayo (WAH’YI) yahishuriye intumwa Muhamadi (Imana imuhe amahoro n’imigisha), akaba ari igice kimwe cy’ubumenyi n’ubuhanga mu mategeko kigamije gutunganya abatuye isi n’ibibakikije. Intego zayo: “Fiqihi” yigisha abantu uburyo bwo kugandukira, kwiyegurira no kugaragira Imana mu ishusho nziza ijyanye n’amategeko. Yigisha umuntu…

Komeza

Imico n’imyifatire (Adabu)

Ibyiza dusanga mu kuramukanya : Ikindi twavuga k’ukuramukanya n’uko Umuyislamu aho ari hose atagomba kwihisha no kumvako atewe isoni no kuba yagaragaza ko ari umuyislamu,Ibyo bishatse kuvuga ko igihe cyose ageze mu Bantu abona ko harimo umuyislam agomba guhita amuramutsa mu ndamutso ya Kislam ariyo : “ASALAMU ALAYIKUM WARAH’ MATULLAHI WA BARAKATUHU. ” Uwo nawe…

Komeza
Subira Hejuru
Facebook
Open chat
Scan the code
Ijwi Rya Islam mu Rwanda
Asalaam Alaikum Warahmatullahi Wabarakatuh!
Ni gute twagufasha ?