admin

Gushyingiranwa n’ubutane

Ibisobanuro bya Annikah Annikah ni amasezerano yo gushyingiranwa hagati y’umugore n’umugabo,n’ubwo haba hatarabaho igikorwa cyo guhuza ibitsina. Gushyingiranwa ni amasezerano yashimangiwe n’idini ya Islam, agaragazwa na Qor-an ntagatifu ndetse n’imigenzo y’intumwa y’Imana Muhamad (Imana imuhe amahoro n’imigisha). Muri Qur’an Imana iragira iti: Murongore abo mwishimiye mu bagore babiri,batatu,bane ariko nimurtinya ko mutazagira ubutabera hagati yabo,muzarongore umwe. Qur’an…

Komeza

Ubucamanza

IBIREBANA N`UBUCAMANZA: IBIKUBIYE MURI IRI SOMO: 1-IBISOBANURO BY`UBUCAMANZA N`UMWANYA BUFITE MURIISLAM2-UBWIZA N`AGACIRO K’UBUCAMANZA BUKOZWE NEZA3-UBUHAMBARE N`UBUBI BW`UBUCAMANZA BUKOZWE NABI.4-IBIKWIYE KURANGA UMUCAMANZA.5-UKO IMANZA ZICIBWA.6-GUTANGA IBIREGO N’IBIMENYETSO IBISOBANURO BY`UBUCAMANZA N`UMWANYABUFITE MU IDINIYA ISLAM. Ubucamanza:Bisobanuyekugaragaza itegeko ry`ikintu runaka no kuritegeka ucibwa urubanza, ubucamanza kandi ni ugukemura impaka n`amakimbirane hagati y`abantu. IMPAMVU UBUCAMANZA BWASHYIZWEHO MURI ISLAM. Imana yashyizeho ubucamanzakugirango…

Komeza

Ubucuruzi

AMATEGEKO AREBANA N’UBUCURUZI MURI ISLAMU. Islamu ni idini yuzuye yashyizeho amategeko agenga uko umugaragu agomba kwifata ku muremyi we akora ibikorwabyo kumwiyegereza bikeza umutima we,yanashyizeho amategeko agenga imikoranire hagati y’abantunk’ubucuruzi,ubukode, gushyingiranwa,kuzungura n’ibindi bakenera kugirango babanemu mutekano,mu butabera no mu koroherana. IBICE BIGIZE AMASEZERANO: Amasezerano agizwe n’ibice bitatu: Ubucuruzi ni iki? Ubucuruzi ni ukugurana umutungo undi…

Komeza

Ibiribwa n’ibinyobwa

AMATEGEKO AGENGA IBIRIBWA N’IBINYOBWA MURI ISLAMU Ubusanzwe muri Islam ibintu byose bifitiye umubiri akamaro biraziruwe, naho ibiwufitiye ingaruka mbi byose ni ikizira muri Islam. Bityo rero ibintu byose bifite akamaro biraziruwe keretse icyo idini yaba yaraziririje hashingiwe kuri gihamya cyangwa se bikagaragara ko giteza ingorane n’ingaruka mbi ku buzima bw’abantu, ubwo icyo gihe kiba kibaye…

Komeza

Impano n’imfashanyo

IMPANO N’IMFASHANYO Gufasha hakoreshejwe umutungo biri mu bice bitatu: Impano : Ni ukwegurira undi umutungo wawe nta ngurane umwatse.Imfashanyo : Ni umutungo uhabwa abakene n’abatishoboye hagamijwe ibihembo kuri Allah. UMWANYA IMPANO N’IMFASHANYO BIFITE MURI ISLAMU Impano n’imfashanyo byose n’ibikorwa byiza kandi bikundwa na Allah,Islam yabishishikarije abantu kubera inyungu bifite zo guhuza abantu no kongera urukundo n’umubano hagati…

Komeza
Subira Hejuru
Facebook
Open chat
Scan the code
Ijwi Rya Islam mu Rwanda
Asalaam Alaikum Warahmatullahi Wabarakatuh!
Ni gute twagufasha ?