admin

Iterabwoba (Terrorism)

Iterabwoba IRIBURIRO Muri iki gIhe hagaragaye ijambo ry’icyaduka n’ikiza cyitwa ITEREBWOBA cyane cyane nyuma y’ibitero bya 11 nzeri 2001 byakozwe mu mujyi wa new york muri leta zunze ubumwe z’Amerika ku nzu mpuzamahanga y’ubucuruzi (WTC) Nyuma y’icyo gihe nibwo ijambo ITERABWOBA ryakoreshejwe cyane n’abanditsi b’ibitabo binyuranye, inama, ibiganiro mbwirwaruhame, amaradio, za televiziyo, n’ibindi bikoreshwa mu…

Komeza

Intumwa Muhammad s.a.w

Igisekuru cy’Intumwa y’Imana Muhamadi (Imana imuhe amahoro n’imigisha) MUHAMADI MWENE ABDULLAH, MWENE ABDUL MUTWALIB SHAYBAT, MWENE HASHIM AMRU, MWENE ABDUL MANAF AL MUGHIRAT, MWENE QUSWAY ZAYID, MWENE KILABI, MWENE MURA, MWENE KAABU, MWENE LUAY, MWENE GHALIBI, MWENE MALIK, MWENE NADWIR, MWENE KINANAT, MWENE KHUZAYMAT, MWENE MUDRIKAT AMIR, MWENE ILIAS, MWENE MUDWIR, MWENE NAZAR, MWENE MI’AD,…

Komeza

Ibisobanuro by’ijambo Fiq’hi

Inkomoko n’ Intego za “Fiqihi” Inkomoko: “Fiqihi” ikomoka ku Mana kubera ko ari ubutumwa bwayo (WAH’YI) yahishuriye intumwa Muhamadi (Imana imuhe amahoro n’imigisha), akaba ari igice kimwe cy’ubumenyi n’ubuhanga mu mategeko kigamije gutunganya abatuye isi n’ibibakikije. Intego zayo: “Fiqihi” yigisha abantu uburyo bwo kugandukira, kwiyegurira no kugaragira Imana mu ishusho nziza ijyanye n’amategeko. Yigisha umuntu…

Komeza

Islam isobanuye iki ?

“ISLAM” bisobanuye kwicisha bugufi no kwibombarika ku Mana, mu mvugo; mu myemerere no mubikorwa witandukanya n’ibangikanyamana iryo ariryo ryose. “Islam” niyo dini Imana yahitiyemo ibiremwa byayo inohereza Intumwa zayo kugirango ziyigishe abantu inahishure ibitabo bikubiyemo amategeko n’umuyoboro byo kuyisobanura. Umuyisilamu agomba kwemera inkingi esheshatu z’Ukwemera arizo; 1) Kwemera Imana Bisobanuye kwemera Imana (ALLAH) ariyo Muremyi n’Umwami…

Komeza
Subira Hejuru
Facebook
Open chat
Scan the code
Ijwi Rya Islam mu Rwanda
Asalaam Alaikum Warahmatullahi Wabarakatuh!
Ni gute twagufasha ?